Burundi:Ibiciro by'Ubukode Byirukanye Bamwe mu Mazu||RDC:Abizera iby'Amarozi Birafasha mu Ntambara
Mu Burundi izamuka ry’ibiciro by’ubukode bimaze kuviramo benshi kwirukanwa mu mazu. Abaturage bo mu bwoko bw’abanande bemeza ko amarozi bakoresha abafasha mu ntambara barwana mu burasirazuba bwa Kongo. Imwe mu mishinga yita ku buzima yari yahagarikiwe inkunga na Amerika yasubiye gukora.